Umukobwa w’ikimenyabose kubera amafoto akunze gushyirahanze ashotora abagabo wo mugihugu cya Tanzaniya yongeye kwatsa umuriro kumbuga nkoranyambaga ubwo yasohoraha ifoto Ari kumazi yambaye imyenda yaho izwi nka bikini ariko iri mu ibara ry’imyenda ikipe ya arsenal.

Uyu mukobwa sanchoko yarengejeho amagambo avuga ngo turyohewe niyi kipe nkabari mukwabuki. Hirya no hino kumbuga nkoranyambaga abakobwa bakomeje guca Impaka bavuga ko nyuma yimyaka isaga 20 idatwara igikombe,iki aricyo gihe cyokukimanika.
ni mugihe uyumunsi ikipe ya arsenal irakina na Portsmouth muri FA CUP

