Mbabazi Chadia wamenyekanye nka Shaddyboo ku mbugankoranyambaga kurubu yamaze kugezwa mu kigo ngororamuco cya Huye rehabilitation center giherereye mu karere ka Huye, iki kigo gisanzwe kizwiho gucumbikira no kugorora ababaswe no kunywa ibiyobyabwenge.
Shaddyboo ajyanywe muri Huye rehabilitation center nyuma yuko atanze ikirego aregamo umuhanzi yugi umukaraza avugako yamusindishije bikarangira amusambanyije ku gahato.

Twagerageje kuvugisha ubuyobozi bwa Huye rehabilitation center gusa ntibyadukundiye gusa kigalishows irakomeza kubakurikiranira amakuru yose.